- Iyi Hadithi iragaragaza ko ari ikizira gutuka abapfuye.
- Kureka gutuka abapfuye harimo kurengera inyungu z'abazima, no kubungabunga umutekano w'abantu muri rusange kugira ngo hataba ubushyamirane n'umwiryane.
- Ubugenge buri mu kubuza kubatuka ni ukubera ko bamaze kugera mu byo bakoze, kubatuka rero ntacyo byaba bimaze, kandi harimo no kubangamira abanyamuryango babo basigaye.
- Ntibikwiye ko umuntu avuga ibitarimo inyungu.